ITANGAZO:
Inades-Formation Rwanda ifite icyicaro i KIGALI mu Murenge wa REMERA, iramenyesha ba Rwiyemezamirimo babyifuza, babifitiye ubushobozi kandi bujuje ibyangombwa bisabwa ko ishaka gutanga isoko ryo kwakira inama, gucumbikira
no kugaburira abakozi bayo n’abandi bantu bitabira inama n’amahugurwa bikorwa
na Inades-Formation Rwanda.
Aha hakurikira:
Icyitonderwa:
Ibisabwa:
Uwemerewe kujya mu ipiganwa ni uwerekanye ko asanzwe akora akazi ko kwakira inama, gucumbikira abantu no guteka; kandi agaragaza aho asanzwe abikorera. Uwemerewe kujya mu ipiganwa agomba kuba afite registre de commerce na TIN kandi agaragaza ko ari muri TVA; Uwemerewe kujya mu ipiganwa agomba kuba yagaragaje igiciro gihwanye n’icyo apiganira ku munsi;upiganwa yemerewe gupiganira ibyo afitiye ubushobozi byose mu byavuzwe haruguru cyagwa kimwe muri byo.
Abifuza gupiganira iri soko, basabwe kohereza ibisabwa byavuzwe haruguru n’ibiciro kuri email ya Inades- Formation Rwanda inadesformation.rwanda@inadesfo.net / inades_rwanda@yahoo.com.,bitarenze tariki ya 12/08/2024 saa munani n’igice z’amanywa (14:30).
Bikorewe i Kigali, kuwa 30/7/2024
Dr KARANGWA Innocent
Umuyobozi Nshingwabikorwa wa
Inades–Formation Rwanda