ITANGAZO RY’IMIKORANIRE MU GUCUNGA AMAVURIRO Y’IBANZE
Ubuyobozi bwa Society for Family Health (SFH)/ Rwanda bufatanyije n’Akarere ka Nyagatare, Bugesera, Gisagara, Karongi, Nyamasheke, na Burera buramenyesha abaturarwanda ko hari amavuriro y’ibanze yo ku rwego rwa mbere (First Generation Health Posts) n’urwa kabiri (Second GenerationHealth Posts) bushaka guha abikorera muri gahunda ya “Public Private Community Partnership (PPCP)”. Ababishaka kandi babifitiye ubushobozi barashishikarizwa kuyapiganirwa.
Abashaka aya mavuriro y’ ibanze bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
Icyitonderwa: Birashoboka ko hagira uwifuza gucunga ivuriro atari umuganga. Uwashaka ivuriro atari umuganga asabwa kugaragaza Umuganga uzamuhagararira mubijyanye n’ubuvuzi (Responsible) wujuje ibyavuzwe haruguru, ndetse n’abakozi bose nk’uko bagaragajwe haruguru.
Amavuliro apiganirwa ni aya akurikira:
|
SN |
District |
Sector |
Health Post |
Service Package |
|
1 |
Nyagatare |
Musheri |
Kijojo HP |
SGHP + D & Oph* |
|
2 |
Nyagatare |
Karangazi |
Rubagabaga HP |
SGHP + D & Oph |
|
3 |
Bugesera |
Musenyi |
Nyagihunika HP |
SGHP + D & Oph |
|
4 |
Bugesera |
Nyarugenge |
Murambi HP |
SGHP + D & Oph |
|
5 |
Bugesera |
Rweru |
Nemba HP |
FGHP* |
|
6 |
Gisagara |
Gikonko |
Mbogo HP |
SGHP + D & Oph |
|
7 |
Gisagara |
Save |
Munazi HP |
SGHP + D & Oph |
|
8 |
Gisagara |
Ndora |
Bweya HP |
SGHP + D & Oph |
|
9 |
Karongi |
Twumba |
Kavumu HP |
SGHP + D & Oph |
|
10 |
Muhanga |
Mushishiro |
Rwigerero HP |
SGHP + D & Oph |
|
11 |
Nyamasheke |
Gihombo |
Gitwa HP |
SGHP + D & Oph |
|
12 |
Burera |
Gatebe |
Bukwashuli HP |
FGHP |
|
NB: |
||||
|
||||
|
||||
Abujuje ibisabwa bageza ibi bikurikira kuri SFH Rwanda, babinyujije kuri email hr@sfhrwanda.org bitarenze kuwa gatanu tariki ya 26/09/2025, saa kumi n’imwe z’umugoroba (17H00):
Icyitonderwa: Nyuma yo gusuzuma ubusabe, abo bizagaragara ko bujuje ibisabwa nibo bazamenyeshwa ibizakurikira.