ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO
Caritas ya Diyosezi Gikongoro iramenyesha abantu bose babyifuza kandi bujuje ibisabwa ko ishaka gutanga isoko ryo kugura amatungo azahabwa abagenerwabikorwa bayo baherereye mu turere twa NYARUGURU mu mirenge ya RURAMBA na Kivu no mu Karere ka NYANZA mu murenge wa NYAGISOZI ku nkunga ya TROCAIRE. Ubwoko bw’amatungo n’ingano bikenewe biri mu mbonerahamwe ikurikira :
|
No |
Umurenge/ Akarere |
Umubare w’abazagurirwa amatungo |
Ubwoko bw’itungo rizagurwa |
||
|
Ihene |
Ingururube |
Inkwavu |
|||
|
1 |
Ruramba/Nyaruguru |
15 |
0 |
15 |
0 |
|
2 |
Kivu/Nyaruguru |
15 |
0 |
15 |
0 |
|
3 |
Nyagisozi/Nyanza |
65 |
20 |
45 |
400 |
|
Igiteranyo
|
95 |
20 |
75 |
400 |
|
Abifuza gupiganira iryo soko barasabwa kugeza amabaruwa afunze neza arimo ibiciro handitseho: Gusaba gupiganira isoko ryo kugura amatungo. Ayo mabaruwa agomba kuba yageze mu bunyamabanga bwa serivisi Rusange za Diyosezi Gatolika ya Gikongoro buherereye mu mugi wa Nyamagabe, ishobora kandi koherezwa kuri email ikurikira: caritasgik@yahoo.fr bitarenze tariki ya 19/10/2021, i saa Sita (12h00). Upiganira isoko arasabwa ibyangombwa bikurikira:
Bikorewe ku Gikongoro, kuwa 05/10/2021
Padiri Félicien HATEGEKIMANA
Umuyobozi wa Caritas Gikongoro