Itangazo Ry’imikoranire Mu Gucunga Amavuriro Y’ibanze
Website :
127 Days Ago
Linkedid Twitter Share on facebook

ITANGAZO RY’IMIKORANIRE MU GUCUNGA AMAVURIRO Y’IBANZE

Ubuyobozi bwa Society for Family Health (SFH)/ Rwanda bufatanyije n’Akarere ka Nyagatare, Bugesera, Gisagara, Karongi, Nyamasheke, na Burera buramenyesha abaturarwanda ko hari amavuriro y’ibanze yo ku rwego rwa mbere (First Generation Health Posts) n’urwa kabiri (Second GenerationHealth Posts) bushaka guha abikorera muri gahunda ya “Public Private Community Partnership (PPCP)”. Ababishaka kandi babifitiye ubushobozi barashishikarizwa kuyapiganirwa. 

Abashaka aya mavuriro y’ ibanze bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:

  • Kuba ari umunyarwanda;
  • Kuba afite impamyabumenyi yo ku rwego rwa A2/A1/A0 ya Nursing, Midwifery cyangwa Clinical Officer; 
  • Kuba afite icyemezo cyo gukora uwo mwuga (licence to practice) gitangwa na NCNM/RAHPC; 
  • Kuba afite uburambe mu kazi nibura bw’imyaka 3 bugaragazwa n’icyemezo cy’umukoresha wa nyuma; 
  • Kuba afite ubushobozi bwo gutanga akazi ku bakozi bakurikira: 
  • Second Generation Health Post: Abaforomo (2), Umubyaza (1), Umukozi upima ibizami bya Laboratwari (1); Dental therapist (1, ku mavuriro atanga ubuvuzi bw’ Indwara z’amenyo no mu kanwa), na Ophthalmology clinical officer (1, ku mavuriro atanga ubuvuzi bw’ indwara z’amaso).
  • First Generation Health Post: Umuforomo (1).
  • Kuba afite ubumenyi buhagije mu gukoresha mudasobwa;
  • Kuba yiteguye kuzacunga neza ivuriro, no gushaka abakozi bose bakenewe bavuzwe haruguru bujuje ibisabwa gutanga serivise kuri iyo myanya;
  • Kuba afite nibura amafaranga miliyoni eshatu (3,000,000Frw) yo kumufasha gutangiza ibikorwa by’ubuvuzi kushaka ivuriro ry’ibanze ryo ku rwego rwa kabiri (second generation) na miliyoni imwe n’igice (1,500,000Frw) kushaka gucunga ivuriro ry’ibanze ryo ku rwego rwa mbere (First Generation).

Icyitonderwa: Birashoboka ko hagira uwifuza gucunga ivuriro atari umuganga. Uwashaka ivuriro atari umuganga asabwa kugaragaza Umuganga uzamuhagararira mubijyanye n’ubuvuzi (Responsible) wujuje ibyavuzwe haruguru, ndetse n’abakozi bose nk’uko bagaragajwe haruguru.

Amavuliro apiganirwa ni aya akurikira: 

SN

District

Sector

Health Post

Service Package

1

Nyagatare

Musheri

Kijojo HP

SGHP + D & Oph*

2

Nyagatare

Karangazi

Rubagabaga HP

SGHP + D & Oph

3

Bugesera

Musenyi

Nyagihunika HP

SGHP + D & Oph

4

Bugesera

Nyarugenge

Murambi HP

SGHP + D & Oph

5

Bugesera

Rweru

Nemba HP

FGHP*

6

Gisagara

Gikonko 

Mbogo HP

SGHP + D & Oph

7

Gisagara

Save

Munazi HP

SGHP + D & Oph

8

Gisagara

Ndora

Bweya HP

SGHP + D & Oph

9

Karongi

Twumba

Kavumu HP

SGHP + D & Oph

10

Muhanga 

Mushishiro

Rwigerero HP

SGHP + D & Oph

11

Nyamasheke

Gihombo

Gitwa HP

SGHP + D & Oph

12

Burera

Gatebe

Bukwashuli HP

FGHP

NB:

  1. SGHP + D&Oph*: Second-Generation Health Post with Dental and Ophthalmology
  1. FGHP*: First-Generation Health Post


 

Abujuje ibisabwa bageza ibi bikurikira kuri SFH Rwanda, babinyujije kuri email hr@sfhrwanda.org bitarenze kuwa gatanu tariki ya 26/09/2025, saa kumi n’imwe z’umugoroba (17H00):

  • Ibaruwa yandikiwe Umuyobozi wa SFH Rwanda igaragaza izina ry’ivuriro wifuza, n’urwego ririho (urwa kabiri cyangwa urwa mbere);
  • Umwirondoro (CV);
  • Fotokopi ya diplome;
  • Fotokopi y’indangamuntu;
  • Fotokopi y’icyangombwa (licence) kimwemerera gukora umwuga w’ubuvuzi gitangwa n’Urugaga rwemewe mu Rwanda;
  • Icyemezo cy’umukoresha/abakoresha kigaragaza uburambe mu kazi;
  • Urupapuro rutangwa na Banki rugaragaza ko afite nibura miliyoni eshatu (3,000,000 Frw) ku bashaka SGHP na miliyoni imwe n’igice (1,500,000 Frw) ku bashaka FGHP kuri konti ye.

Icyitonderwa: Nyuma yo gusuzuma ubusabe, abo bizagaragara ko bujuje ibisabwa nibo bazamenyeshwa ibizakurikira. 

Job Info
Job Category: Tenders in Rwanda
Job Type: Full-time
Deadline of this Job: 26/09/2025
Duty Station: Kigali
Posted: 17-09-2025
No of Jobs: 1
Start Publishing: 17-09-2025
Stop Publishing (Put date of 2030): 17-09-2070
Apply Now

For Employers

Head Hunting Support

Some jobs are so strategically important but not easy to find the perfect match for the right expertise. Leverage our tools, networks and experience to find the best fit.

Shortlisting

Let us sieve out the top qualified candidates for you and save time looking at hundreds or thousands of applications.

Boost Your Jobs

Depending on the urgency of your jobs, we boost your jobs using digital distribution channels to get the best out of our platform.

Great Rwanda Jobs has the best email alert has a great whatsapp community has shortlisting services has a CV database has head hunting services posts jobs within minutes makes job searching easy simplifies recruitment provides career guidance team is reachable 24/7

Browse Thousands of Jobs on Auto Scroll



Candidate Assessment Tests

For only $15 per test per individual, you gain the power to assess candidates for any job, spanning all levels of expertise and qualifications.
  • Blue collar tests
    Evaluate the skills and abilities of candidates for blue-collar jobs
  • Coding Tests
    Evaluate the coding skills of candidates for software development jobs
  • Cognitive ability tests
    Verbal reasoning, Numerical reasoning, Abstract reasoning, and Problem-solving
  • Engineering skills test
    Engineering abilities focusing on Mathematics, Physics, Engineering principles, Problem-solving, and Communication.
  • Language
    Tests for job that require a certain level of language proficiency.
  • Programming skills test
    Fundamental programming concepts, Problem-solving, Data structures and algorithms, and Coding style
  • Psychometric Tests
    Intelligence tests, Aptitude tests, Personality tests, and Interests tests
  • Situational judgement
    Measure a person's ability to make decisions in realistic work-related situations

CONTACTS

Office Hours:
8:00am - 5:00pm

Telephone:
+256753298980, +256773966860

Email:
rw@lafabsolution.com

JOB ALERTS

JOB CATEGORIES