ITANGAZO RY’ISOKO Nº004/CI/RW0911 2024-2025
ISOKO RYO KUGURIRA ABAFATANYABIKORWA 60 AMATUNGO MAGUFI ARIYO INGURUBE N’IHENE 50.
Ubuyobozi bw’itorero Bethesda Holy Church of Rwanda (BHC) Paroisse ya Nyarubuye rifite icyicaro mu karere ka KIREHE, mu murenge wa Mpanga, ku bufatanye na Compassion international binyuze mu mushinga RW0911 Bethesda Nyarubuye rirahamagarira ba Rwiyemezamirimo bose batandukanye kandi babifitiye ububasha gupiganira aya masoko :
ISOKO RYO KUGURA INGURUBE 60 ZIFITE IBIRO KUVA KURI 15KGS KUGEZA KURI 20KGS ZO MU BWOKO BW'IMVANGE ZA LANDRACE NA PIETRE.
ISOKO RYO KUGURA IHENE 50 Z’AMASHASHI ZIFITE IBIRO 16KG KUZAMURA
Abifuza gupiganira ayo masoko bagomba kuba bujuje ibi bikurikira :
Abifuza gupiganira iri soko kandi bujuje ibisabwa muri iri tangazo bohereza ibyangombwa kuri e-mail y’umushinga rw0911bhc@gmail.com bakanatanga kopi kuri email CUwase@rw.ci.orgkandi documents zidatanzwe hose biba impfabusa.
NB:
uwatsindiye isoko akabimenyeshwa by’agateganyo kuri email ndetse nabitabiriye bose bamenyeshwa ibyavuye mu ipiganwa. Kubindi bisobanuro mwahamagara kuri tel: 0788871015/0788740666.
Pastor JAMBORYIZA Diogene
Umushumba wa Bethesda Holy Church NYarubuye.