AMATANGAZO Y’ISOKO RYO KUGURAKU BAGENERWABIKORWA INGURUBE N’IHENE KU BAGENERWABIKORWA 15 BA SURVIVAL BIFITE IBIRO BIRI HAGATI YA 20-25
Itorero presbyterienne mu Rwanda Paroisse ya Nyarubuye, itorero rifite icyicaro mu murenge wa NASHO mu karere ka KIREHE akagari ka KAGESE umudugudu wa KIBIMBA, rirahamagarira ba Rwiyemezamirimo batandukanye kandi babifitiye ububasha gupiganira isoko rigaragara haruguru . Ibi bikazabera ku icyicaro cy’Itorero aho Umushinga Rw0553 EPR Mulindi Uterwa inkunga na Compassion International-Rwanda ukorera.
Hemerewe gupiganwa kuri ayamasoko yombi ba rwiyemezamirimo bujuje ibyangombwa bikurikira:
Abifuza gupiganira iri soko kandi bujuje ibisabwa muri iri tangazo bohereza ibyangombwa kuri e-mail y’umushinga rw553mulindi@gmail.com bagatanga copy Kuri iyi email CUwase@rw.ci.org kandi documents zidatanzwe hose ziba impfabusa. Kudeposa ni uguhera tariki ya 12/05/2025 kugeza 27/05/2025 saayine zuzuye ari nawo munsi wo gufungura amabaruwa kumugaragaro ku cyicaro cy’uwo mushinga, uwatsindiye isoko akabimenyeshwa by’agateganyo kuri email ndetse nabitabiriye bose bamenyeshwa ibyavuye mu ipiganwa .
Kubindi bisobanuro mwahamagara kuri tel: 0788762170 / 0788805545